Ibyo wamenya ku Mujyi wa Uvira n’icyo uvuze ku rugamba rwa AFC/M23 na Leta ya RDC
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryafashe umujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Ifatwa rya Uvira ryatangajwe n’Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, mu butumwa bureba abantu bose bwatambutse ku rubuga nkoranyambaga rwa X kuri uyu wa 10 Ukuboza 2025.
Kanyuka yavuze ko mu gihe kirenga amezi atatu, AFC/M23 yamaganye imvugo zibiba urwango, ibitero byibasira Abanye-Congo bazira isura yabo n’ubwicanyi ihuriro ry’ingabo za RDC ririmo Abarundi.
VIDEO: Menya byinshi ku Mujyi wa Uvira n’icyo uvuze ku rugamba rwa AFC/M23 na Leta ya RDC