Ibyo wamenya ku Mujyi wa Uvira n’icyo uvuze ku rugamba rwa AFC/M23 na Leta ya RDC

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryafashe umujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ibyo wamenya ku Mujyi wa Uvira n’icyo uvuze ku rugamba rwa AFC/M23 na Leta ya RDC

Ifatwa rya Uvira ryatangajwe n’Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, mu butumwa bureba abantu bose bwatambutse ku rubuga nkoranyambaga rwa X kuri uyu wa 10 Ukuboza 2025.

 

Kanyuka yavuze ko mu gihe kirenga amezi atatu, AFC/M23 yamaganye imvugo zibiba urwango, ibitero byibasira Abanye-Congo bazira isura yabo n’ubwicanyi ihuriro ry’ingabo za RDC ririmo Abarundi.

 

VIDEO: Menya byinshi ku Mujyi wa Uvira n’icyo uvuze ku rugamba rwa AFC/M23 na Leta ya RDC

 

Share