Iyandikishe kuri Newsletter yacu
Iyandikishe kuri lisiti yacu kugira ngo ubone amakuru mashya muri email yawe.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda batangiye iperereza kuri bamwe mu bakozi ...
Guverinoma y’u Rwanda yashwishurije Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko yawo isabye ko Ingabir...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko (CPI) cyazamutse ku k...
Bamwe mu borozi b’inkoko mu Rwanda baravuga ko amabwiriza yashyizweho n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworo...
Uyu muhango uzwi cyane nka "Kwita Izina", umaze kwamamara ku rwego rw’isi, ni igikorwa ngarukamwaka cy’ingenzi mu Rwanda cyo kubun...
Abantu 30 bamaze gupfa, abandi barenga 354,000 bakaba baragizweho ingaruka ziturutse ku mvura nyinshi n’imyuzure mu ntara ya Punja...
Umutwe w’Ingabo w’umuryango w’Abibumbye uri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Libani (UNIFIL) watangaje ko indege zitagira abap...
Inama yari itegerejwe cyane yahuje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin y...
Ku wa Kane, tariki ya 14 Kanama 2025, ubutegetsi bwa gisirikare bwa Mali bwatangaje ko bwafunze itsinda rigizwe n’abasirikare n’ab...
Abantu 46 bapfuye naho abarenga 200 baburirwa irengero nyuma y’imvura nyinshi yaguye bitunguranye mu ntara ya Kashimiri mu gihugu ...
Mbere y’umukino wa Super Cup wahuje Tottenham yatwaye UEFA Europa League na Paris Saint-Germain yatwaye Champions league kuri uyu ...
Urukiko rwa Gisirikare Ku wa Gatatu taliki 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ry...