Icyiciro: AMAKURU

Intambara yatumye abantu 300,000 bahunga muri Sudani y’...

Hafi abantu 300,000 bamaze guhunga Sudani y’Epfo muri uyu mwaka wa 2025, kubera intambara iri hagati y’abayobozi bahanganye, ikaba...

Tadej Pogačar yegukanye umudali wa zahabu muri shampiyo...

Umunya-Slovenia Tadej Pogačar yongeye kuza ku isonga ku rwego rw’isi mu mukino w’amagare yegukana Shampiyona y’Isi mu gusiganwa k...

RIB yataye muri yombi abayobozi babiri ba FERWAFA

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda batangiye iperereza kuri bamwe mu bakozi ...

Minisitiri Nduhungirehe yahaye gasopo Umuryango w’Ubumw...

Guverinoma y’u Rwanda yashwishurije Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko yawo isabye ko Ingabir...

Ibiciro ku masoko byazamutseho 6.4% muri Kanama 2025

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko (CPI) cyazamutse ku k...

Aborozi b’inkoko mu rujijo nyuma y’ihagarikwa ry’amwe m...

Bamwe mu borozi b’inkoko mu Rwanda baravuga ko amabwiriza yashyizweho n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworo...

Abaturage n’Abanyacyubahiro bahuriye mu Kinigi mu muhan...

Uyu muhango uzwi cyane nka "Kwita Izina", umaze kwamamara ku rwego rw’isi, ni igikorwa ngarukamwaka cy’ingenzi mu Rwanda cyo kubun...

Imvura idasanzwe mu majyaruguru y’Ubuhinde yateye imyuz...

Abantu 30 bamaze gupfa, abandi barenga 354,000 bakaba baragizweho ingaruka ziturutse ku mvura nyinshi n’imyuzure mu ntara ya Punja...

Israel yongeye kwibasira UNIFIL, indege za israel zitag...

Umutwe w’Ingabo w’umuryango w’Abibumbye uri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Libani (UNIFIL) watangaje ko indege zitagira abap...

Trump na Putin bananiwe kumvikana, Dore bimwe mu byaran...

Inama yari itegerejwe cyane yahuje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin y...

Mali: Abasirikare n’abasivili barimo abayobozi bakuru b...

Ku wa Kane, tariki ya 14 Kanama 2025, ubutegetsi bwa gisirikare bwa Mali bwatangaje ko bwafunze itsinda rigizwe n’abasirikare n’ab...

Imvura nyinshi yaguye bitunguranye mu Buhindi yahitanye...

Abantu 46 bapfuye naho abarenga 200 baburirwa irengero nyuma y’imvura nyinshi yaguye bitunguranye mu ntara ya Kashimiri mu gihugu ...